Type Here to Get Search Results !
KWAMAMAZA

Amamaza Hano

Gerageza serivisi zacu, ubashe kugeza ibikorwa byawe ku bantu benshi.

Bruce Campbell yasanzwemo kanseri idakira

EMMY 0

 


Umukinnyi wa filime wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bruce Lorne Campbell wamamaye nka Bruce Campbell , yatangaje ko amaze iminsi ahanganye na kanseri idakira.


Uyu mukinnyi wamenyekanye nka Ash Williams muri filime yitwa "The Evil Dead" yabinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze ku wa 2 Werurwe 2026 abwira abafana be.


Ati “Ndabasuhuje mwese, [....].Mfite kanseri yitabwaho, ariko ntikire burundu. Niba bibababaje mbasabye imbabazi nanjye byaranshenguye.”


Campbell nta byinshi yavuze kuri iyi ndwara, ariko avuga ko ingengabihe y’ibikorwa yagombaga kuzagaragaramo izahinduka akabanza akivuza byibuze ngo nyuma yo mu Mpeshyi akazaba ameze neza.


Ni ibitaramo azakora bizenguruka ahantu hatandukanye kugira ngo yamamaze filime ye nshya "Ernie & Emma" yakinnyemo akanayiyobora.


Bruce Campbell yasanzwemo kanseri idakira

Post a Comment

0 Comments
* Please Don't Spam Here. All the Comments are Reviewed by Admin.

About Us

Welcome to Mutesa24 Your trusted source for the latest news, opportunities, and stories shaping Rwanda and the world. From study and job updates to technology and lifestyle trends, we deliver real stories that inform, inspire, and empower.